Iburengerazuba: Inzego zose zirasabwa ubufatanye mu gukemura ibibazo bibangamiye umuryango.
Mu Karere ka Rubavu, ku wa Kabiri, tariki ya 11 Kanama 2026, hateraniye Inama Mpuzabikorwa yahuje Minisiteri y'Uburinganire n'iterambere ry'Umuryango…
Minisitiri Bizimana Jean Damascène arasaba abanyarwanda gusigasira indangagaciro z’umuco w’u Rwanda.
Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène arasaba abanyarwanda gusigasira indangagaciro z’umuco w’u…
Iwawa: Urubyiruko rugera ku 2,001 basubijwe mu buzima busanzwe.
Urubyiruko rugera ku 2,001, basubijwe mu buzima busanzwe nyuma y’igihe cy’umwaka n’amezi ane bari bamaze bahabwa amasomo atandukanye abafasha…
Intara y’Iburengerazuba irashimirwa ku ruhare igira mu guteza imbere imikoranire myiza hagati y’Uturere na PSF.
Ubuyobozi bw’urugaga rw’abikorera ku rwego rw’Igihugu burashimira Intara y’Iburengerazuba ku bufatanye n’uruhare rugaragara yakomeje kugira mu guteza…
Buri wese kurwanya igwingira abifate nk’inshingano bwite - Minisitiri Uwimana Consolée
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, arasaba inzego zose mu Ntara kugira uruhare rugaragara mu kurwanya igwingira n’imirire mibi. Ibi…
KARONGI: Guverineri Ntibitura arashimira abafatanyabikorwa ku ruhare rwabo mu iterambere ry’Akarere.
Mu gikorwa cyo gufungura ku mugaragaro imurikabikorwa ry’ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere mu Karere ka Karongi; Guverineri w’Intara…
NGORORERO: PSF y’Intara yaremeye abamugariye ku rugamba rwo kubohora Igihugu.
Muri gahunda y’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, abagize Urugaga rw’Abikorera mu Ntara y’Iburengerazuba (PSF), ku wa…
Kwibuka32: Hibutswe abari abakozi ba Perefegitura, Superefegitura na Komini byahurijwe mu Ntara y’Iburengerazuba.
Ku cyicaro cy'Intara, habereye igikorwa cyo kwibuka abari abakozi ba Perefegitura, Superefegitura na Komini byahurijwe mu Ntara y'Iburengerazuba…
Nyabihu: PSF y’Intara yagabiye Inka abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.
Abagize urugaga rw’abikorera #PSF mu Ntara y’Iburengerazuba, bateguye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, by’umwihariko…
Bugarama: Abaturage barasabwa kwirinda ibihuha bibabuza guhinga imbuto n'imboga.
Mu ruzinduko rw’akazi yakoreye mu Karere ka Rusizi, Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Ntibitura Jean Bosco yasabye abaturage b’Umuremge wa…