Nyabihu: PSF y’Intara yagabiye Inka abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.

Abagize urugaga rw’abikorera #PSF mu Ntara y’Iburengerazuba, bateguye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, by’umwihariko…

Read more →

Ngororero: Ba Mutima w’urugo barasabwe kugira uruhare mu kurwanya igwingira n’imirire mibi mu bana.

Kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’Umugore, kuri uyu wa 08 Werurwe 2023, ku rwego rw’Intara y’Iburengerazuba byabereye mu Karere ka Ngororero aho…

Read more →

Guverineri Habitegeko arasaba rubyiruko guharanira gutera ikirenge mu cy’Intwari z’Igihugu.

Kimwe n’ahandi mu Gihugu, mu Turere tugize Intara y’Iburengerazuba hizihijwe umunsi w’Intwari z’Igihugu aho Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba…

Read more →

Abatwara ibinyabiziga n’abanyamaguru barasabwa kubahiriza amategeko y’umuhanda.

Mu gikorwa cyo gutangiza ubukangurambaga ku mutekano wo mu muhanda bwiswe “Gerayo Amahoro”, Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba yasabye abatwara…

Read more →

Uburengerazuba: Hatangijwe ku mugaragaro umushinga witwa Rwanda Comprehensive Inclusive Eye Health uzita kubuvuzi bw'amaso

None Tariki ya 30/11/2022, mu cyumba cy’inama cya Hotel Bethany I Karongi habereye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro umushinga witwa Rwanda…

Read more →

Iburengerazuba: Abacuruzi barashishikarizwa gutanga fagitire ya EBM.

Mu birori byo gushimira abasora bo mu Ntara y’Iburengerazuba wabaye kuri uyu wa Kane, tariki ya 14 Ukwakira 2022, abacuruzi basabwe gukoresha EBM mu…

Read more →

Minisitiri Bayisenge arasaba ubufatanye bw'inzego zose mu gukemura ibibazo bibangamiye umuryango.

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof. Bayisenge Jeannette arasaba inzego zose mu Ntara, ubufatanye mu gukemura ibibazo…

Read more →

Karongi: Hatangirijwe ukwezi kwahariwe serivisi za RIB mu baturage

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Dr. Ugirashebuja Emmanuel, ku wa 09 Nzeri 2022, yatangirije mu Karere ka Karongi icyumweru…

Read more →

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yatangije umushinga wo kubaka uruganda rutunganya Gaz.

Ku wa Kane taliki ya 18 Kanama 2022, Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard, yashyize ibuye ry’ifatizo ahagiye kubakwa uruganda rucukura…

Read more →

Gishari: Hasojwe amahugurwa y’urubyiruko rw’abakorerabushake bo mu Ntara y’Iburengerazuba.

Intara y’Iburengerazuba ku bufatanye na MINALOC ndetse na Polisi y’Igihugu,  ku wa 18 - 22 Nyakanga 2022, yateguye amahugurwa y’urubyiruko…

Read more →